Litiro 914 za Kanyanga n’ibiro 199 by’urumogi byafatiwe mu bice bitandukanye by’akarere ka Ngoma mu mezi atanu ashize byangijwe ku itariki 9 Kamena, uyu mwaka.
Icyo gikorwa cyabereye mu kagari ka…
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 10 Kamena 2015, Abaturage b’ingeri zitandukanye bo mu karere ka Rubavu bifatanyije na Polisi y’u Rwanda mu cyumweru cyahariwe ibikorwa byayo, aho bishimiye ibyo Polisi…
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 10 Kamena 2015, Abaturage b’ingeri zitandukanye bo mu karere ka Rubavu bifatanyije na Polisi y’u Rwanda mu cyumweru cyahariwe ibikorwa byayo, aho bishimiye ibyo Polisi…
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 9 Kamena, mu karere ka Musanze hatangirijwe ku mugaragaro icyumweru cyahariwe ibikorwa bya Polisi y'u Rwanda. Iki cyumweru cyanahuriranye no kwizihiza imyaka 15…