Trending Now
#

POLISI Y'U RWANDA

Serivisi - Kurinda - Ubunyangamugayo

#
7026 results:
781. Polisi y’u Rwanda irakangurira abantu gufata ingamba zo kwirinda kurohama  
Date: 27-01-14
Iyi ni inama Polisi y’u Rwanda idahwema kugira abanyarwanda, cyane cyane ababyeyi n’abandi bashinzwe kurera abana hirya no hino mu gihugu. Nk’uko byagiye bigaragara,abanyarwanda ariko na none cyane…  
782. Urubyiruko rurakangurirwa kwitabira umurimo rukirinda ubujura n’ibindi bikorwa bibi  
Date: 28-01-14
Iyi nama yo kugira  urubyiruko kwitabira umurimo kuko ariwo shingiro ry’iterambere bakirinda ubujura n’ibindi byaha, barayigirwa kuko usanga hari hamwe na hamwe mu duce tw’igihugu cyacu…  
783. Polisi y’u Rwanda irasaba abanyamaguru kubahiriza amategeko yo mu muhanda  
Date: 28-01-14
Polisi y’u Rwanda ifatanyije na Minisiteri y’ibikorwa remezo ikomeje gushyiraho ingamba zituma abakoresha umuhanda bagera aho bagiye  amahoro cyane cyane mu gushyira ibyapa n’ibimenyetso aho…  
784. Polisi y’u Rwanda iributsa ko itabi ryangiza ubuzima kandi ko kurinywera mu ruhame bihanwa n’amategeko  
Date: 29-01-14
Mu bihugu byinshi by’Afrika, ndetse no mu Rwanda, kunywa itabi bisa nk’ikintu kinjiye mu muco no mu mibereho y’abantu ya buri munsi, dore ko hari n’aho rigikoreshwa mu muco nko gusaba umugeni aho…  
785. Musanze: Abamotari barasabwa kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha  
Date: 29-01-14
Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Mutarama 2014, abahuriye mu makoperative y’abamotari n’abayobozi babo bakorera mu mjyi wa Musanze, bagiranye inama n’inzego z’ubuyobozi ku bijyanye n’uburyo barushaho…  
786. Kicukiro: Ibikorwa bya Tabara Security Company byahagaritswe  
Date: 30-01-14
Kuri uyu wa kane tariki ya 30 Mutarama Polisi y’u Rwanda yahagaritse ibikorwa bya Tabara Security Company mu karere ka Kicukiro. Impamvu ry’ihagarikwa ry’iyi sosiyete y’umutekano ni uko itari ifite…  
787. Bamwe mu bayobora sitasiyo za Polisi n’abakuriye ubugenzacyaha bari mu mahugurwa yo kunoza akazi kabo  
Date: 30-01-14
Bamwe mu bayobora za sitasiyo za Polisi hirya no hino mu turere ndetse na bamwe mu bayobora ubugenzacyaha ku rwego rw’uturere mirongo itanu bari mu mahugurwa yo kunoza akazi kabo ku cyicaro gikuru…  
788. Rulindo: Umubyeyi yashyikirije Polisi umukobwa we wari wataye umwana  
Date: 31-01-14
Umubyeyi wo mu karere ka Rulindo, tariki ya 29 Mutarama yafashe icyemezo cyo gushyikiriza umukobwa we sitasiyo ya Polisi ya Murambi yo mu karere ka Rulindo amukekaho kuba yarataye umwana we w’amezi…  
789. Abayobora za sitasiyo za Polisi n’abagenzacyaha barasabwa gukoresha neza umwanya wabo hagamijwe kuzuza neza inshingano zabo  
Date: 31-01-14
Ubu butumwa bwo kudapfusha ubusa umwanya, ahubwo hakabaho kumenya gukoresha neza igihe bafite mu birebana n’akazi kabo, bamwe mu bakuriye za sitasiyo za Polisi ndetse na bamwe mu bagenzacyaha…  
790. Polisi y’u Rwanda iributsa abanyarwanda ko umunsi w’umuganda bakwiye kuwubyaza umusaruro  
Date: 01-02-14
Buri wa gatandatu wa nyuma w’ukwezi, abanyarwanda bahurira hamwe mu gikorwa cy’umuganda. Uyu munsi ukaba uzwi nk’umunsi w’umuganda. Nk’uko tubisanga mu itegeko rigenga umuganda mu Rwanda No53/2007…