Iyi nama yo kugira urubyiruko kwitabira umurimo kuko ariwo shingiro ry’iterambere bakirinda ubujura n’ibindi byaha, barayigirwa kuko usanga hari hamwe na hamwe mu duce tw’igihugu cyacu…
Mu bihugu byinshi by’Afrika, ndetse no mu Rwanda, kunywa itabi bisa nk’ikintu kinjiye mu muco no mu mibereho y’abantu ya buri munsi, dore ko hari n’aho rigikoreshwa mu muco nko gusaba umugeni aho…
Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Mutarama 2014, abahuriye mu makoperative y’abamotari n’abayobozi babo bakorera mu mjyi wa Musanze, bagiranye inama n’inzego z’ubuyobozi ku bijyanye n’uburyo barushaho…
Kuri uyu wa kane tariki ya 30 Mutarama Polisi y’u Rwanda yahagaritse ibikorwa bya Tabara Security Company mu karere ka Kicukiro.
Impamvu ry’ihagarikwa ry’iyi sosiyete y’umutekano ni uko itari ifite…
Bamwe mu bayobora za sitasiyo za Polisi hirya no hino mu turere ndetse na bamwe mu bayobora ubugenzacyaha ku rwego rw’uturere mirongo itanu bari mu mahugurwa yo kunoza akazi kabo ku cyicaro gikuru…
Umubyeyi wo mu karere ka Rulindo, tariki ya 29 Mutarama yafashe icyemezo cyo gushyikiriza umukobwa we sitasiyo ya Polisi ya Murambi yo mu karere ka Rulindo amukekaho kuba yarataye umwana we w’amezi…
Ubu butumwa bwo kudapfusha ubusa umwanya, ahubwo hakabaho kumenya gukoresha neza igihe bafite mu birebana n’akazi kabo, bamwe mu bakuriye za sitasiyo za Polisi ndetse na bamwe mu bagenzacyaha…