Ku itariki 26 Nyakanga, umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gatsibo, Superintendent of Police (SP) Eric Kabera yagiranye inama n’urubyiruko rugera kuri 600 rwo mu Itorero rya Pentekote ryo…
Abanyeshuri 115 b’Abanyarwanda b’Idini ya Isilamu biga muri Kaminuza zo mu Rwanda n’izo mu mahanga ejo bagiranye inama y’umunsi umwe n’abofisiye bakuru ba Polisi y’u Rwanda ku Cyicaro Gikuru…
Minisitiri w’umutekano mu gihugu, Sheikh Musa Fazil Harelimana,kuri uyu wa gatandatu tariki ya 29 Nyakanga yayoboye umuhango wo gusoza amasomo y’abofisiye bashya 429 ba Polisi…
Minisitiri w’umutekano mu gihugu, Sheikh Musa Fazil Harelimana,kuri uyu wa gatandatu tariki ya 29 Nyakanga yayoboye umuhango wo gusoza amasomo y’abofisiye bashya 429 ba Polisi y’u…
Ku itariki ya 29 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda yakanguriye abaturage b’umurenge wa Ngamba akarere ka Kamonyi kwirinda no gukumira ibyaha no kwicungira umutekano.Aganira n’abaturage b'akagari ka…
Ku wa 29 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyabihu yakoze igikorwa cyo gukangurira urubyiruko rwo mu murenge wa Mukanira ruri mu biruhuko kwirinda no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku…
Mu gikorwa cy’umuganda usoza ukwezi wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 30 Nyakanga hirya no hino mu gihugu, Polisi y’u Rwanda n’abandi bafatanyabikorwa bayo bifatanyije n’abaturage bo mu murenge…