ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURUEjo taliki ya 29 Nyakanga 2014 uwitwa Nsengiyumva Dieudoné wari mu murenge wa muhima mu karere ka Nyarugenge yagerageje kwiyahura ubwo yitwikaga polisi…
Taliki ya 30 Nyakanga mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kimironko akagali ka Bibare urwego rwa polisi rushinzwe ku rwanya magendo rwafashe umugabo witwa Kamanzi Fred wimyaka 32 y’amavuko.
Akaba…
Abayobozi b’ ibigo by’ amashuli abanza na y’isumbuye, bagera kuri 360 bo mu Karere ka Gatsibo, ejo tariki ya 29 Nyakanga, batangiye amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi mu kurwanya no…
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gasabo umurenge wa Kimironko yagiranye inama n’abahoze bakora umwuga w’uburaya n’abacururizaga mu mihanda bagera kuri…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kicukiro ifatanyije n’umuryango utegamiye kuri Leta w’Abanyamerika World Vision, kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 Nyakanga bahurije hamwe urubyiruko…
Kuri uyu wa 31 Nyakanga, Minisitiri w’Intebe mushya Anastase Murekezi yamuritse ku mugaragaro igitabo gikubiyemo amateka ya Polisi y’u Rwanda kuva mbere ya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 kugeza…
Kanda hano urebe amafoto y'umuhango
Kuri uyu wa 31 Nyakanga, Minisitiri w’Intebe mushya Anastase Murekezi yamuritse ku mugaragaro igitabo gikubiyemo amateka ya Polisi y’u Rwanda kuva mbere ya…